Jump to content

Ivubiro

Kubijyanye na Wikipedia
Umuvuba

Ivubiro ni ahantu habaga hari ikibindi kinini mu muco nyarwanda kigafasha kureba igihe imvura izagwira bakabibwirwa nuko icyo kibindi kinini cyabaga gitangiye kuzana icyuya bakabonako imvura yenda kugwa. Ivubiro ryakorwagaho nabantu bitwa Abavumbyi. Ahitwa mu Mariba ya Bukunzi ni ho hari ivubiro rya Ndagano wategekaga u Bukunzi ku mwaduko w’abazungu. Bukunzi yari iherereye mu Majyepfo y’Uburengerazuba bw’u Rwanda, ihana imbibi n’uturere tw’u Busozo, i Cyesha, Impara, na Biru ndetse n’igihugu cy’u Burundi.[1]

Amateka[hindura | hindura inkomoko]

Ivubiro rero ryabaga rikoze mu kibindi gifite umurwa ureba hejuru, hakaba hari amazi amanuka akagwa muri ako kabindi gatabye mu butaka, kari ahazwi nka Huro , umusozi wa Huro, Akagari ka Huro umurenge wa Muhondo, akarere ka Gakenke.aho kaba gakikijwe n'ibiti bitandukanye byagakondo nk'umubirizi cyangwa umuravumba.[2]

Amashakiro[hindura | hindura inkomoko]